Umuherwe Elon Musk yahawe uburenganzira bwo guhuza imikorere y’ubwonko bw’abantu na mudasobwa

Sosiyete y’Umunyemari Elon Musk izwi nka ‘Neuralink Corporation’ yahawe uburenganzira na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo gutangira gukora ubushakashatsi bugamije guhuza imikorere y’ubwonko bw’abantu na mudasobwa. Mu gitondo cyo …

Umuherwe Elon Musk yahawe uburenganzira bwo guhuza imikorere y’ubwonko bw’abantu na mudasobwa Read More

Umukinnyi w’umunyarwanda washakishwaga n’ikipe y’igihugu Amavubi n’Intamba Mu rugamba z’uburundi, bose yabateye umugongo

Ndayishimiye Mike Trésor wari uhanzwe amaso n’ikipe y’igihugu Amavubi, ashobora kutayikinira kubera ko u Bubiligi bushobora kumwitabaza kuri iyi nshuro. Ni umukinnyi wakomeje kugenda yiregangizwa n’ikipe y’igihugu y’u Bubiligi ariko …

Umukinnyi w’umunyarwanda washakishwaga n’ikipe y’igihugu Amavubi n’Intamba Mu rugamba z’uburundi, bose yabateye umugongo Read More

AB Goodwin yahamijwe icyaha cyo gutunga no gukoresha indege itagira umupiloti nta ruhushya abifitiye ahanishwa gufungwa imyaka ibiri

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Mutimura Abed uzwi nka AB Goodwin, icyaha cyo gutunga no gukoresha indege itagira umupiloti nta ruhushya abifitiye. Urukiko rwamuhanishije igihano cy’igifungo cy’imyaka ibiri ariko umwaka …

AB Goodwin yahamijwe icyaha cyo gutunga no gukoresha indege itagira umupiloti nta ruhushya abifitiye ahanishwa gufungwa imyaka ibiri Read More

Imyambarire ya Kanye West n’umukunzi we yatangaje benshi, yazengurutse umujyi yambaye amasogisi gusa yerekana umukunzi we(Amafoto)

Ku wa gatatu, tariki ya 24 Gicurasi, Kanye West yagagaragaje ko ari mu munyenga w’urukundo n’umukunzi we, Bianca Censori bagiye ahacururizwa ice cream i Los Angeles, imyambarire ybao yatangaje benshi. …

Imyambarire ya Kanye West n’umukunzi we yatangaje benshi, yazengurutse umujyi yambaye amasogisi gusa yerekana umukunzi we(Amafoto) Read More

Burkinafaso : Mu irushanwa ry’amakipe y’amashuri bikoreye VAR banayikoresha mu irushanwa

Ikoranabuhanga ryifashisha amashusho rya VAR rifasha abasifuzi ku bibuga bikinirwaho umupira w’amaguru, ryatangiye gukoreshwa mugikombe cy’isi cya FIFA 2018 ndetse ryanakoreshejwe mu mikino y’igikombe cy’isi giheruka cyabereye muri Qatar 2022. …

Burkinafaso : Mu irushanwa ry’amakipe y’amashuri bikoreye VAR banayikoresha mu irushanwa Read More

Nyina wa Costa Titch uheruka kwitaba Imana, yategeje ibisubizo bigaragaza icyo umwana we yazize none amaso yaheze mukirere

Nyina wa Costa Titch uheruka kwitaba Imana, yavuze ko amaze igihe ategereje ibisubizo by’ibizamini byafashwe ngo harebwe niba umwana we yaba yararozwe ariko ko amaso yaheze mu kirere. Uyu mubyeyi …

Nyina wa Costa Titch uheruka kwitaba Imana, yategeje ibisubizo bigaragaza icyo umwana we yazize none amaso yaheze mukirere Read More