Home Amakuru Mu Rwanda Mu mujyi wa Kigali, habonetse abantu bakora isuku bidasanzwe, basukura intebe zo...

Mu mujyi wa Kigali, habonetse abantu bakora isuku bidasanzwe, basukura intebe zo mu NZU, matela,amatapi nibindi bikoresho bigasubira umucyo nkuwo babiguranye.

0
ISUKU ICARA HEZA, DUSUKURA INZU YAWE IGASA NEZA, TWOZA INTEBE, AMAKARO, AMATAPI , Duhamagare cg utwandikire Tel : 0789348058 cg 0784343748

ISUKU ICARA HEZA, abahanga bavugako isuku igira isoko kandi ahantu Hari isuku hatera umunezero kuburyo uwicaye ahantu Hari isuku aba anezerewe yisanzuye kandi ahumeka neza.

Hari abantu benshi badakunze kubona umwanya kubera Akazi kenshi bakabura uko bakora isuku mungo zabo cyangwa se ugasanga batabibashije kuko usanga biba bigoranye cg se badafite ibikoresho byabugenewe kuburyo bakora isuku NKUKO bikwiriye, kuri ubu abantu bashaka gukora amasuku twababoneye IGISUZO, abahanga mugora amasuku mu mujyi wa Kigali baragira bati “ISUKU ICARA HEZA”

Aba NIBO BAMBERE mu mujyi wa Kigali mu gukora amasuku, BAFITE abakozi BAFITE uburambe muri aka kazi bakoresha ibikoresho bigezweho kuburyo iyo baje kugukorera isuku basiga bakuyeho icyitwa umwanda cyose murugo rwawe.

NIBO BAMBERE mukoza intebe, Metela, amatapi, ibirahure n’amakaro byo mu nzu nibindi bikoresho byose byo murugo bikenewe gukorerwa amasuku.

Ukeneye ko bagukorera amasuku wabahamagara cg ukabandikira kuri 0789348058 cg 0784343748 bagahitanbakugeraho aho waba uherereye hose.

NIBO BAMBERE mukoza intebe Metela amatapi ibirahure n’amakaro byo mu nzu

Shyira Comments yawe kuri iyi nkuru
NIBA URI UMUHANZI, UMUCURUZI, UKENEYE KO TUGUKORERA INKURU YAMAMAZA IBIKORWA BYAWE TWANDIKIRE KURI TEL : 0788441488 TURAGUKORERA INKURU YAMAMAZA IBIKORWA BYAWE.