Jay-Z n’umugore we Beyoncé baguze inyubako ya miliyoni 200$ bituma baba aba mbere batunze inyubako ihenze(Amafoto)

Abahanzi Jay-Z n’umugore we Beyoncé baguze inyubako ya miliyoni 200$ bituma baba aba mbere batunze inyubako ihenze, muri Leta ya California. Iyi nyubako ya Jay-Z na Beyoncé yaciye agahigo kuba …

Jay-Z n’umugore we Beyoncé baguze inyubako ya miliyoni 200$ bituma baba aba mbere batunze inyubako ihenze(Amafoto) Read More

Ndi umukobwa w’imyaka 37, Harabura amezi atatu ngo nkore ubukwe, umusore tugiye kubana, namenyeko yateye inda Sugamamy, Nimungire inama, Mbigenze nte?

Mbanje kubasuhuza basomyi buru rubuga, nitwa Ernestine(Izina ryahinduwe) ndi umukobwa ukunda gusenga cyane, mfite imyaka 37 y’amavuko. Ikinteye kubandikira ndangira ngo mumfashe mumpe inama kuko njyewe maze iminsi mbona byarandenze …

Ndi umukobwa w’imyaka 37, Harabura amezi atatu ngo nkore ubukwe, umusore tugiye kubana, namenyeko yateye inda Sugamamy, Nimungire inama, Mbigenze nte? Read More

Umuhanzi Usher yahawe impamyabushobozi y’ikirenga y’icyubahiro ashimirwa umusanzu we mu guteza imbere umuziki

Usher Raymond IV wamenyekanye nka Usher muri muzika, yahawe impamyabushobozi y’ikirenga y’icyubahiro ashimirwa umusanzu we mu guteza imbere umuziki. Uyu muhanzi yahawe iyi mpamyabushobozi n’Ishuri rya muzika ryitwa Berklee College …

Umuhanzi Usher yahawe impamyabushobozi y’ikirenga y’icyubahiro ashimirwa umusanzu we mu guteza imbere umuziki Read More

Lionel Sentore yavuze icyamutandukanyije n’umugore we, Bijoux uzwi muri filime ya Bamenya bitegura kujya kubana iburayi

Lionel Sentore avuga ko icyatumye urugo rwe na Munezero Aline [Bijoux] yo muri Bamenya rusenyuka ari uko batumvukanye nta kindi cyabaye. Mu kiganiro Sentore yahaye ISIMBI yavuze ko nyuma y’ubukwe …

Lionel Sentore yavuze icyamutandukanyije n’umugore we, Bijoux uzwi muri filime ya Bamenya bitegura kujya kubana iburayi Read More

Zari yashimagije umusore uherutse kumwambika impeta ahamyako mubagabo bose bamunyuze imbere ntawe yageranya nuyu musore

Zari Hassan yashimagije Shakib Lutaya uherutse kumwambika impeta nyuma y’uko bari bamaze hafi imyaka ibiri bari mu rukundo. Zari yarutishije uyu Shakib abandi bagabo yabanye nabo , kuko ngo we …

Zari yashimagije umusore uherutse kumwambika impeta ahamyako mubagabo bose bamunyuze imbere ntawe yageranya nuyu musore Read More

Ibyo Hakimi yakoze bishobora kumukoraho, Umugore we yashatse abanyamategeko bakaze,yarezwe gusesagura umutungo w’urugo

Inkuru irivugwa cyane ikanagarukwaho n’ibitangazamukuru bitadukanye byo ku isu ni y’Umunya-Maroc Achraf Hakim ukinira Paris Saint Germain yo mu Bufaransa wajyanywe n’umugore mu nkiko gushaka gatanya agatungurwa no gusanga nta …

Ibyo Hakimi yakoze bishobora kumukoraho, Umugore we yashatse abanyamategeko bakaze,yarezwe gusesagura umutungo w’urugo Read More