Umusore w’imyaka 19 ari mubyishimo bidasanzwe, nyuma yo gutera inda umukecuru w’imyaka 76 bari mumunyenga w’urukundo(Amafoto)

Umusore w’imyaka 19 yatunguye abakoresha imbuga nkoranyambaga ubwo yatangazaga ko arimubyishimo bidasanzwe kubwo gutera inda umukecuru w’imyaka 76 bakundana. Iyi couple yuyu musore w’imyaka 19 y’amavuko n’uyu mukecuru w’imyaka 76, …

Umusore w’imyaka 19 ari mubyishimo bidasanzwe, nyuma yo gutera inda umukecuru w’imyaka 76 bari mumunyenga w’urukundo(Amafoto) Read More

Umugabo w’imyaka 40 yajyanye mu nkiko umukobwa bakundanaga, nyuma yuko amurihiye amashuri akanga kumubera umugore.

Umugabo w’imyaka 40 y’amavuko witwa Richard Tumwine, utuye mu gace ka Kanungu muri Uganda, yajyanye umukobwa bakundanaga mu rukiko nyuma y’aho amurihiye amashuri, yayarangiza akanga ko bashaka kandi yari yarabimusezeranyije. …

Umugabo w’imyaka 40 yajyanye mu nkiko umukobwa bakundanaga, nyuma yuko amurihiye amashuri akanga kumubera umugore. Read More

Umunyamakuru umaze kubaka izina mu kogeza umupira w’amaguru Faustinho yasezeye kuri Radio10.

Umunyamakuru umaze kubaka izina mu kogeza umupira w’amaguru Mugenzi Faustin ’Faustinho’ yasezeye kuri Radio10 nyuma y’imyaka ibiri n’igice ahakora. Faustinho ni umusore umaze kubaka izina mu kogeza umupira w’amaguru aho …

Umunyamakuru umaze kubaka izina mu kogeza umupira w’amaguru Faustinho yasezeye kuri Radio10. Read More

Moses Turahirwa yahakanyeko ari umutinganyi, yibasira KNC wumvikanye avugako agiye gutwika imyambaro ya Moshions.

Umunyamideli Moses Turahirwa yibasiye umunyamakuru Kakoza Nkuriza Charles (KNC) wa Radio/TV1 warahiriye gutwika ishati yaguze mu nzu ya Moshions. Tariki ya 5 Mutarama 2023 ubwo ku mbuga nkoranyambaga hari hashize …

Moses Turahirwa yahakanyeko ari umutinganyi, yibasira KNC wumvikanye avugako agiye gutwika imyambaro ya Moshions. Read More