Cristiano Ronaldo yamaze gusinyira Al Nassr yo muri Saudi Arabia, azajya ahembwa miliyoni 240 ku isaha(Amafoto)

Rutahizamu wa Portugal, Cristiano Ronaldo yamaze gusinyira Al Nassr yo muri Saudi Arabia aho abaye umukinnyi ugiye kujya ahembwa amafaranga menshi ku Isi, miliyoni 200 z’amayeron ku mwaka, Miliyoni 4,000,000 …

Cristiano Ronaldo yamaze gusinyira Al Nassr yo muri Saudi Arabia, azajya ahembwa miliyoni 240 ku isaha(Amafoto) Read More

Abanya-Argentine baracyishimira intsinzi y’ikipe y’igihugu cyabo, benshi bishushanyijeho Messi.

Uhereye igihe igikombe cy’Isi cyabereye muri Qatar kirangira ku itariki 18 Ukuboza 2022, Abanya-Argentine baracyishimira intsinzi y’ikipe y’igihugu cyabo, ku buryo bamwe babonye ko bidahagije kujya mu mihanda bakabyina, biyemeza …

Abanya-Argentine baracyishimira intsinzi y’ikipe y’igihugu cyabo, benshi bishushanyijeho Messi. Read More

Umukozi w’Imana Aline Gahongayire, nyuma yuko agaragaje ko atwite inda nkuru yerekanye umukunzi we(amafoto)

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yerekanye umukunzi we nyuma yo kwerekana ko atwite inda nkuru. Uyu muhanzi yari yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa …

Umukozi w’Imana Aline Gahongayire, nyuma yuko agaragaje ko atwite inda nkuru yerekanye umukunzi we(amafoto) Read More

Umunye-Congo Héritier Luvumbu ufatwa nk’umucunguzi wa Rayon Sports yageze i Kigali yakirwa bidasanzwe(Amafoto)

Umunye-Congo Héritier Nzinga Luvumbu yamaze kugera mu mujyi wa Kigali, nyuma y’iminsi ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports bamwitezeho kubacungura. Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 28 …

Umunye-Congo Héritier Luvumbu ufatwa nk’umucunguzi wa Rayon Sports yageze i Kigali yakirwa bidasanzwe(Amafoto) Read More

Ifoto ya Davis D yicaye ku gitanda impande ye hari udukingirizo twakoreshejwe ikomeje kuvugisha benshi.

Ifoto ya David D imugaragaza yicaye ku gitanda yambaye ubusa hejuru ,imbere ye hagana hasi hari udukingirizo dusa nkutwakoreshejwe, iruhande rwe nanone hari inkweto z’umukobwa yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga …

Ifoto ya Davis D yicaye ku gitanda impande ye hari udukingirizo twakoreshejwe ikomeje kuvugisha benshi. Read More