
Umubyinnyi Tity Brown ushinjwa gusambanya umwana uri munsi y’imyaka 18 akamutera inda, igihe azaburanira cyamenyekanye.
Umubyinnyi Ishimwe Thierry wamamaye nka Tity Brown uri mu bari bamaze kwigarurira imitima ya benshi mu bakunda muzika mu Rwanda, nyuma akazagutabwa muri yombi, urubanza rwe rwasubitswe rwimurira muri Gashyantare …
Umubyinnyi Tity Brown ushinjwa gusambanya umwana uri munsi y’imyaka 18 akamutera inda, igihe azaburanira cyamenyekanye. Read More