Umubyinnyi Tity Brown ushinjwa gusambanya umwana uri munsi y’imyaka 18 akamutera inda, igihe azaburanira cyamenyekanye.

Umubyinnyi Ishimwe Thierry wamamaye nka Tity Brown uri mu bari bamaze kwigarurira imitima ya benshi mu bakunda muzika mu Rwanda, nyuma akazagutabwa muri yombi, urubanza rwe rwasubitswe rwimurira muri Gashyantare …

Umubyinnyi Tity Brown ushinjwa gusambanya umwana uri munsi y’imyaka 18 akamutera inda, igihe azaburanira cyamenyekanye. Read More

Kanye West n’uwahoze ari umugore we Kim Krdashian bahawe gatanya, umugore azajya ahabwa miliyoni 200 buri kwezi.

Umuraperi Kanye West n’uwahoze ari umugore we Kim Krdashian bamaze guhabwa gatanya bumvikana uburyo bafata inshingano zo kwita ku bana babo nyuma yo gutandukana byemewe n’amategeko. Ikinyamakuru People cyabonye ibyemezo …

Kanye West n’uwahoze ari umugore we Kim Krdashian bahawe gatanya, umugore azajya ahabwa miliyoni 200 buri kwezi. Read More

Umugabo w’imyaka 60 wagurishije imitungo ye yose, umugore w’ikizungerezi yamuriye miliyoni 6 asigara ari umutindi.

Umunya-Kenya, Tom Ikonya w’imyaka 60 yagiye mu mujyi gushaka inzu yo gukoreramo ubucuruzi afite amashilingi ya Kenya ibihumbi 700 (arenga miliyoni 6 Fw) ubu nta n’urumiya afite kubera ubwiza bw’umugore. …

Umugabo w’imyaka 60 wagurishije imitungo ye yose, umugore w’ikizungerezi yamuriye miliyoni 6 asigara ari umutindi. Read More

Menya ibintu 10 umukobwa yakorera umuhungu akunda, akamwibagiza abandi bakobwa.

Ibintu ukorera umusore akibagirwa abandi bakobwa akagukunda wenyine Ibyo wakora bigatuma umusore mukundana agukunda kurushaho Menya ibintu 10 umukobwa yakorera umuhungu akunda, akamwibagiza abandi bakobwa. Kugira ngo umuhungu n’umukobwa bakundana …

Menya ibintu 10 umukobwa yakorera umuhungu akunda, akamwibagiza abandi bakobwa. Read More

Umutoza wa Senegal uherutse gutangazako ikipe atoza ariyo kipe yo muri Afurika izatwara igikombe cy’isi, yabishimangiye

Ikipe y’Igihugu ya Sénégal, Les Lions de la Téranga, yageze muri ⅛ cy’irangiza mu gikombe cy’Isi gikomeje kubera muri Qatar; nyuma yo gutsinda Équateur bigoranye ibitego 2-1. Ni mugihe umutoza …

Umutoza wa Senegal uherutse gutangazako ikipe atoza ariyo kipe yo muri Afurika izatwara igikombe cy’isi, yabishimangiye Read More