Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, yagiye kubana n’umugore we muri Amerika(Amafoto)

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, yimukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho asanze umugore we ndetse n’imfura yabo baherutse kwibaruka. Amafoto twabonye agaragaza Patient …

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, yagiye kubana n’umugore we muri Amerika(Amafoto) Read More

Igitaramo cya Fally Ipupa cyitabiriwe n’abarenga ibihumbi 100 cyaguyemo abantu 11 harimo abapolisi 2.

Abantu 11 harimo aba polisi babiri baguye mugitaramo cy’umuhanzi Fally Ipupa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo mu mujyi wa Kinshasa. Minisitiri w’umutekano w’imbere mugihugu yemejeko abantu 11 aribo bimaze …

Igitaramo cya Fally Ipupa cyitabiriwe n’abarenga ibihumbi 100 cyaguyemo abantu 11 harimo abapolisi 2. Read More

U Burusiya bwivanye mu masezerano ashobora gutuma ibiciro bikomeza gutumbagira by’umwihariko iby’ibikomoka ku mpeke n’ifumbire.

U Burusiya bwivanye mu masezerano yari amaze iminsi agamije koroshya ubuhahirane bw’ibinyampeke bituruka muri Ukraine, mu gihe ibihugu byombi biri mu ntambara imaze amezi umunani. Ayo masezerano yatangaga agahenge kugira …

U Burusiya bwivanye mu masezerano ashobora gutuma ibiciro bikomeza gutumbagira by’umwihariko iby’ibikomoka ku mpeke n’ifumbire. Read More

Menya ibyagufasha kugabanya ibinure bikakurinda ikibazo cy’umubyibuho ukabije.

Abantu benshi usanga bafite ibinure byinshi mu mubiri nyamara byoroshye kubigabanya bikabarinda ikibazo cy’umubyibuho ukabije no kubakururira izindi ndwara. Urubuga www.timesofindia.com ruvuga ko umuntu agira ubwoko bw’ibinure byiza bifasha umubiri …

Menya ibyagufasha kugabanya ibinure bikakurinda ikibazo cy’umubyibuho ukabije. Read More

Umuraperi Kanye West wari warafungiwe konte, yasubijwe kuri twitter nyuma yuko iguzwe n’Umuherwe Elon Musk.

Konti Umuraperi Kanye West yari afite kuri Twitter yongeye gufungurwa ndetse yemererwa gukora nyuma y’uko uru rubuga nkoranyambaga ruguzwe n’Umuherwe Elon Musk. Hari hashize ukwezi konti ya Kanye West kuri …

Umuraperi Kanye West wari warafungiwe konte, yasubijwe kuri twitter nyuma yuko iguzwe n’Umuherwe Elon Musk. Read More